Impanuka ikomeye ihitanye 3
— August 9, 2016
Please enter banners and links.

Muri uyu mugoroba habaye impanuka ikomeye ihitana 3 bari mu modoka yerekezaga Kampala muri Uganda.
Uyu munsi Kuwa 9 Kanama 2016 ku muhanda uva Masaka ujya Kampala habereye impanuka ikomeye yahitanye abantu 3 abandi barakomereka bikabije.
Uyu muhanda ukunze kubaho impanuka kenshi hakaba hari indi iherutse aho Bus ya Jaguar na Volcano zagonganye ndetse n’ikamyo nayo ikaza ikazigonga ndetse hagapfira n’uwari ukuriye Polisi muri ako gace n’izindi mpanuka nyinshi kuburyo uyu muhanda umaze guhangayikisha abagenzi benshi.
Abaturage bakaba basaba Leta ya Uganda gushakira umuti ikibazo cy’uyu muhanda vuba na bwangu kuko abamaze kuwugwamo ari benshi cyane.




Iyi mpanuka yuyu munsi ikamyo ikaba yagonganye n’indi modoka ntoya abantu bapfuye bari barimo irayigonga cyane bahita bapfiramo.
Abaguye muri mpanuka amazina yabo akaba ataramenyekana andi makuru yiyi mpanuka tuzayabagezaho ejo.
Ubwanditsi
3,708 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ntende Hotel ubu noneho ibahishiye byinshi, ndetse kuri ubu serivise muhabwa zongeye kunozwa hakurikijwe ibyifuzo by’abahagana,Abanyamahanga bayikundira iki?
Kigali haje Butchery igezweho izajya ibagezaho inyama nziza ,amafi n’Inkoko ndetse n’ibindi bitandukanye
Bagarirayose ashaka ko Perezida Kagame asoma iyi nkuru ku bijyanye na Hospitality
RIB yerekanye inyeshyamba 57 harimo aba Jenerali 5 bafatiwe mu mashyamba ya Congo ariko nta Jenerali wemerewe kuvuga .
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply