Christiano Ronaldo yatashye Hotel ye yinyenyeri 5 n’ikibuga cy’indege mu mazina ye kigiye kubakwa
— July 24, 2016
Please enter banners and links.

Umukinnyi Christiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid n’ikipe y’igihugu cya Portugal yamaze gutaha kumugaragaro Hotel ye y’inyenyeri 5 ndetse hakaba hagiye kubakwa ikibuga cy’indege mu rwego rwo gukurura ba mukerarugendo.
Iyi Hotel ikaba yitwa Pestana CR7 ikaba yaramutwaye agera kuri £70miliyoni ,ikaba yaratashywe Kuwa gatanu taliki 22 Nyakanga 2016 .





Uyu mukinnyi w’icyamamare afite igishushanyo bamushushanyije muri Bronze ndetse na Mesium ,ubu igihe cya Portugal kikaba cyamaze gufata icyemezo ko bagiye kubaka ikibuga cy’indege kinini mu mazina ya Christiano Ronaldo kizitwa Madeira Cristiano Ronaldo airport mu mujyi witwa Funchal ari ho Ronaldo avuka.
Hotel ye igiye yubakiyemo T-shirts ziriho nimero 7 mu byumba bitandukanye.Ifite ibyumba 48 ,icyumba cyamake ni £180 ijoro rimwe naho igihenze kurusha ibindi ni £575 ku ijoro rimwe gusa.
Gatera Stanley
2,900 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply