Green Party yasabye Leta y’uRwanda kugarura vuba Ingabo z’uRwanda na Polisi ziri muri Sudan y’Epfo
— July 19, 2016
Please enter banners and links.

Ishyaka Green Party ryo mu Rwanda ryasabye Leta y’uRwanda kugarura vuba na bwangu Ingabo z’uRwanda na Polisi ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudan y’Epfo .
Abinyujije ku rubuga rwa Facebook Perezida wa Green Party Frank Habineza yasabye Leta y’uRwanda ko igarura vuba na bwangu Ingabo z’uRwanda na polisi kubera intambara ikomeye irimo kubera muri icyo gihugu.


Frank Habineza
Igihugu cya Uganda cyo cyakuyeyo abaturage bacyo bari baragiye guhaha no gushakirayo ubuzima ndetse ,icyo gihugu kikaba cyarasubijeyo abasirikare bacyo kujya gutabara abaturage bacyo nyuma y’uko hari hashize iminsi Uganda ikuyeyo ingabo zayo zari mu butumwa bw’amahoro.
Gatera Stanley
2,725 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply