Chelsea nyuma yo kugura N’Golo Kante irashaka Riyad Mahrez
— July 17, 2016
Please enter banners and links.

Umutoza mushya wa arashaka kugaragaza ko ari umuhanga aho ashaka gutwara igikombe cya Shampiyona y’Ubwongereza cy’uyu mwaka wa 2016-2017 agura abakinnyi bazamufasha gutwara icyo gikombe.
Umutoza mushya wa Chelsea witwa Konte akaba ashaka kugura umukinnyi wabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’Ubwongereza Riyad Mahrez wakiniraga ikipe ya Leicester City.

Mahrez

N’Golo Kante
N’Golo Kante yaguzwe n’ikipe ya Leicester City umukuye mu ikipe ya Caen kuri £5.6million.Chelsea ikaba yamuguze £32million ku masezerano y’imyaka 5.
N’Golo Kante ukinira ikipe y’igihugu y’Ubufaransa ufite imyaka 25 akaba agiye gufatanya na Fabrigas gukina hagati mu ikipe ya Chelsea bikaba bivugwa ko Nemanja Matic agiye kwerekeza muri Juventus.
Ndayambaje F
2,888 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply