Umuhanzi Daniella Maila yasohoye indirimbo yitwa Rukundo ya Yesu ivuga ku bibazo by’urupfu yasimbutse
— July 20, 2020
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda ubu indirimbo Rukundo ya Yesu irimo kubica bigacika kubera amagambo ayirimo ndetse no kubera ubwiza bw’uwo mukobwa wayiririmbye.
Uyu mukobwa witwa Daniella Maila kuri uyu wa 20 Nyakanga 2020 aganira n’Ikinyamakuru Umusingi yavuze ko indirimbo ye irimo amagambo avuga ku buzima bwe ko hari igihe yari mu bibazo ubwo yumvaga agiye gupfa ariko Imana ikamukiza urupfu.
Daniella yagize ati “Iyi ndirimbo amagambo arimo sinzi aho yavuye narandikaga gusa ntazi aho ava ariko ndishimira ko yakunzwe cyane kandi abafana banjye bayumve cyane kuko harimo inyigisho”.
Muri Uganda hari abakobwa benshi babahanzi kandi beza barimo Lydia Jasmine ,Spice Diana ,Cindy ,Winnie Nwagi ,Sheebah ,Recho Rey n’abandi benshi ku buryo abakurikirana umuziki muri iki gihugu bavuga ko Daniella Maila bose ashobora kubakuramo kuko aririmba neza kandi afite ijwi ryiza kandi ni mwiza cyane .
Uyu mukobwa avuga ko urukundo rwa Yesu ruruta inkundo zose kandi itagira igiciro ariko adafite uko yashima Imana kuko yamukuye mu menyo y’urpfu.




Akomeza avuga ko Imana yamubereye umubyeyi imubera umuvandimwe ndetse imubera inshuti kuko yamukuye mu menyo y’urpfu kandi Imana iyihaye umutima wawe n’ibyawe byose ntacyo itagukorera kuko Imana ikuzi kuva uvutse bityo ko urukundo rwa Yesu rutagira ikiguzi.
Ati Yesu mfata kukuboko kuko iyi isi yuzuyemo ibishukano ,aya mazi menshi atantwara ,uyu muriro utanyotsa ube ari wowe undwanira kubera ko nta mbaraga mfite.
3,011 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply