Menya uburyo itabi rya Kinyarwanda rivura uwariwe n’inzoka ndetse rivura amaso
— April 28, 2020
Please enter banners and links.

Abashakashatsi bagaragaje ko itabi rya Kinyarwanda amababi yaryo avura umuntu wariwe n’inzoka ashobora guca amababi y’itabi agacakanga amira amazi yaryo bimufasha kurwanya ubumara iba yagushyizemo kugirango bigufashe kugera kwa muganga.
Iyo ukoresheje itabi ryumye ntacyo ryakumarira bigusaba gukoresha itabi ribisi ryahinzwe rikiri ku biti byaryo ndetse aba bashakatsi nkuko babitangaje mu binyamakuru byo mu mahanga ko wasangaga cyera abasaza n’abakecuru babaga bafite uturima hafi y’urugo bahingamo itabi babaga baziko inzoka iramutse igize uwo irya babona umuti utuma uwariwe n’inzoka adapfa mbere yokugezwa kwa muganga.
Itabi kandi nkuko Steven Kayongo abivuga ko itabi rivura abantu barwara ishaza ryo mu jisho rikababuza amahoro ndetse bikabaviramo ijisho gupfa ko itabi ririvura.
Avuga ko mu gihe ugize ikibazo uca amababi y’itabi ukayashyira mu isafuriya ukayateka kumara akanya hanyuma amazi uyakuremo mu isafuriya uyashyire mu kintu gisukuye nk’igikombe cyangwa ikindi kintu wakoresha hanyuma namara guhoramo ujye uyanyuza mu maso usa nukaraba ubikore inshuro 2 nkuko Steven Kayongo yabivuze mu kinyamakuru cya Bukedde.Uzajya ibikora inshuro 2 mugitondo na nimugoroba mu minsi micye uzabona impinduka.
3,964 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply