Imfungwa z’abagore muri Kenya zirasaba kwemererwa gukora imibonano mpuzabitsina
— March 16, 2020
Please enter banners and links.

Imfungwa z’abagore mu gihugu cya Kenya zirasaba ubuyobozi ko zimerewe nabi zakwemerwa gukora imibonano mpuzabitsina n’abagabo babo igihe babasuye. Sofia Swaleh wakatiwe igifungo cya burundu avuga nk’uhagarariye bagenzi be yavuze ko igihe gihabwa abagabo n’imiryango yabo iyo babasuye ari gito cyane batagikoresha mu gukora imibonano mpuzabitsina.
Leta ya Kenya binyuze mu buyobozi bw’Amagereza irasabwa gushyiraho itegeko ryemerera abagore bakatiwe igihe kirekire kujya basurwa n’abagabo babo bagakora imibonano mpuzabitsina nkuko byakomeje kuvugwa na Swaleh wo muri gereza ya Mtangani GK Prison i Malindi, Kilfi County.
Ubuyobozi bwa Mtangani GK Prison i Malindi buhagarariwe na Purity Nkatha Muthaura, avugana na K24 digital yavuze ko ibyo Imfungwa z’Abagore cyangwa abagabo babo basaba ko bakwemererwa gukora imibonano mpuzabitsina bitashoboka cyeretse Inteko ishingamategeko yo muri icyo gihugu itambukije itegeko ribemerera ariko mu gihe bitarakorwa ntibakwemererwa.
Mu mwaka wa 2014 nanone Imfungwa z’Abagore zasabye ko zakwemererwa gukora imibonano mpuzabitsina ariko Leta isanga ititeguye gutunganya amagereza kugira aho iyo mibonano mpuzabitsinda yajya ikorerwa.

3,773 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply