Muri Kigali hari ahantu abantu basigaye baharaye bajya guseka no kwishima kubera abasore 2 bakora muri Top Chef Bar Nyabugogo
— December 17, 2019
Please enter banners and links.

Nkuko abantu muri iki gihe basigaye bakunda kwishimisha no gusohoka ubu muri Kigali hari ahantu hagezweho cyane abantu basigaye bakunda kujya kubera abasore 2 bitwa Kasumali n’undi witwa Musebeyi.
Impamvu abantu bakunda kujya Top Chef Nyabugogo ni uko ugiyeyo wese yifuza gusubirayo bityo ugasanga ugiyeyo ajyanyeyo inshuti ze gutyo gutyo ugasanga abantu barahakunze kubera ibyiza bihaba.
Aba basore bazi gusetsa abantu cyane kuko bakora ibyitwa comedy mu cyongereza aribyo bisetsa abantu aho Kasumali yabwiye Ikinyamakuru Umusingi ati « Muri iki gihe usanga abantu baba bafite ibintu byinshi mu mutwe za stress ari nyinshi iyo baje hano iwacu muri Top Chef Nyabugogo turabasetsa agataha stress zashize ».

Kasumali uzi gusetsa


Musebeyi uzi gusetsa

Uwitwa Musebeye nawe yavuze ko ikintu cya mbere baba bifuza gushimisha abakiriya kugirango batahe stress zabashizeho kandi bazagaruke bazane n’abandi.
Ikinyamakuru Umusingi nyuma yo kumenya aho hantu hitwa Top Chef Bar Nyabugogo cyagiyeyo kureba aho hantu impamvu abantu basigaye ariho baharaye kujya dusanga hariyo abantu benshi ariko bose bavuga ko baba baje kureba uwitwa Kasumali na Musebeyi.
Umwe mu bantu twahasanze witwa Alex yagize ati « Njye buri weekend mba ngomba kuza muri Top Chef kuko ntaha numva mu mutima wanjye nishimye ndetse no mu mutwe nta bintu byinshi ntekereza kubera mba nasetse narebye kuko hari abakobwa beza bazi kubyina Karaoke .Muri macye nduhuka mu mutwe kandi abantu ntago bazi ko guseka no kureba ibyiza ukishima bifite icyo byongera ku buzima bwabo ».

Abasore babyinira abakiriya kubashimisha

Abakobwa babyinira abakiriya kubashimisha

Top Chef Bar Nyabugogo habayo akabyiniro ariko gatangira mu ma saa saba gutyo ariko ubundi habateguye neza abantu bicaye bareba abana babakobwa n’abasore babyina basimburanwa ndetse na Kasumali na Musebeyi nabo banyuzamo bagasetsa abantu ku buryo ugiyeyo wese avayo yishimye.
Baca umugani ngo inkuru mbarirano iratuba wenda dushobora kuba tutabivuze neza uko bikwiye ariko muzagerageze mugeyo mureba ukuntu Kasumali na Musebeyi bazi gusetsa ku buryo mu Rwanda bashobora kuba aribo ba mbere ndetse ari naho hambere mu Rwanda bafite abakobwa n’abasore babyina neza.
Noella
4,606 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply