Isesengura:Umutoza w’ikipe y’Igihugu Amavubi akwiye kwirukanwa kubera icyemezo kigayitse cyo kudakinisha Sugira utsinda ibitego Abanyarwanda bakishima.
— November 19, 2019
Please enter banners and links.

Umukinnyi Sugiraataragaruka mu ikipe y’Igihugu Amavubi yaratsindwaga ndetse Abanyarwanda bamwe na bamwe ariko benshi bamaze guta ikizere batagikurikira imikino y’Amavubi kuko yaratsindwaga cyane.
Aho Sugira agarukiye yaratsindaga ndetse Abanyarwanda benshi batangira kugarura ikizere kuko Sugira yaratsindaga urugero u Rwanda rwatsinze DR.Congo iwayo ,rutsinda Ethiopia ndetse rutsinda Sychelles aho hose Sugira yaratsindaga none umutoza ni gute usiga umukinnyi nk’uwo ngo ni uko APR FC yamuhannye kudakina.
Mu byukuri twarababaye Mozambique idutsinze ibitego 2 ku busa turavuga tuti wenda umutoza azisubira ku mukino wa Cameroon akinishe Sugira nawo ntiyamukinisha idutsinda igitego kimwe ku busa kandi iyo Sugira abamo ntiyari kubura igitego byibuze tukanganya kimwe kuri kimwe ariko twababaye cyane yanze kumukinisha.

Sugira Erneste yishimira intsinzi

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi


Ubu se ndibaza umuntu uzi ko yagiye atsinda nk’umutoza akaguhesha ishema ndetse abantu bagatangira kugusabira contract y’akazi none ukaba wiyiciye ikizere abanyarwanda bari baguhaye ubu bakaba batangiye kugusabira ko bakwirukana ubwo warenganya ukwirukanye?.
Ibi bituma abantu batekereza niba ikipe y’Igihugu Amavubi ari iy’umuntu ku giti cye cyangwa itagira uyikurikirana ngo amenye imikorere y’ikipe n’imikorere y’umutoza ku buryo umutoza Mashami yakora ibyo yishakiye.
Sugira kuvuga kwe ntacyo bitwaye kuko n’umusitari iyo aza kuvuga adatanga umusaruro nta n’umwe uba umuvugaho ariko kubera ko ibyo akora bishimishije n’iyo mpamvu buri umwe amuvugaho kandi kumubuza gukina ni uguhana Abanayrwanda bose kandi barengana bagomba kwishima.
Umutoza Mashami Sugira yari agiye kumukorera CV nziza akabona akazi gutoza andi makipe akomeye ariko kubera kutareba kure akishinga abantu bamugira inama mbi yo kudakinisha Sugira kubera ko APR FC yamuhannye umutoza nawe akumva ko APR yamuhannye nawe agomba kutamukinisha ibyo n’ibyo bigiye kumwirukanisha ku kazi.
Niba hari abantu bakomeye bakoresha umutoza Mashami akwiye kwegura ku kazi akajya gushaka akandi kuko ibyo n’ukwica umupira .
3,541 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Amayobera n’urujijo mu rubanza rw’abahoze ari abayobozi ba ADEPR rwaburanishijwe aho gusomwa
Ese Perezida Museveni uburyo yakiranywe urugwiro n’Abanyarwanda hari abo byababaje?(Vedio)
Kuki Gen Muhoozi yatangiye kwita Kagame Uncle no kumusura kandi ibibazo ubwo byavukaga imipaka igafungwa atabimwitaga ?Reba amafoto afite byinshi asobanuye
Umva agakino gashya kari muri ADEPR ariko katazorohera abayobozi ,Laptop na kashe ngo byaribwe I Rusizi haribzwa byibwe na nde?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply