Ubwoba:Indege yaguye i Bujumbura bitunguranye nyuma yo kwikangamo umwiyahuzi
— November 21, 2019
Please enter banners and links.

Kuri uyu munsi kuwa kane Indege ya Ethiopian Airways yaguye bitunguranye ku Kibuga cy’Indege cya Bujumbura nyuma y’aho umugabo wari uyirimo akangishije guturikirizamo igisasu.
Uyu mugabo bivugwa ko yari yasinze yatawe muri yombi ashyikirizwa abashinzwe umutekano mu Burundi, mu gihe abari mu ndege babanje gushyirwa mu gice cya gisirikare ku kibuga cy’indege.
Nk’uko bigaragara kuri twitter y’urubuga SOSMediasBurundi, ngo uwo mugabo yari ari mu bwiherero bw’indege ubwo yavugagaga ko agiye kwiturikirizaho igisasu.
Igipolisi cy’u Burundi kikaba gitangaza ko abagenzi bose bameze neza nta kindi kibazo bagize.



4,441 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply