Umuhanzi Sheebah Karungi yizihije isabukuru y’amavuko avuga imyaka abantu baratangara ndetse nyina bamwita umunyarwanda(Amafoto)
— November 12, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzikazi Sheebah Karungi uba mu gihugu cya Uganda yazihije umunsi mukuru w’amavuko ye avuga imyaka ye abantu baratangara kuko ubundi abakobwa cyangwa abagore batavuga imyaka yabo.
Sheebah abantu bavuze ko kuba yatinyutse kuvuga imyaka ye ko ari 30 n’ubwo yaba yabeshye wenda yaragabanijeho ko ashobora kuba ari umunyakuri.
Umwe mu bari mu birori bye byo kwizihiza isabukuru ye utashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “Ubundi bakobwa cyangwa abagore ntibajya bavuga imyaka yabo ariko Sheebah kuba yavuze imyaka ye n’icyerekana ko ari umunyakuri bikaba bidutangaje”.
Uyu muhanzi kandi aherutse kugurira nyina umubyara umwambaro witwa Gomesi mu rurimi rw’ikigande ukaba ari umwambaro uhabwa agaciro cyane kuko mu muco waho kuwambara uba ugaragara nk’umugore w’icyubahiro ndetse uba wubashye umuco akaba aherutse kuwugirira nyina.




Sheebah yifotaranije ni nyina yambaye uwo mwambaro witwa Gomesi ariko na Sheebah yambaye ikanzu isa n’uwo mwambaro avuga ko cyera akiri umwana nyina buri uko yaguraga umwenda yamudodesherezagaho bityo nawe ubu aho amaze gukora akaba ashimira nyina kuba yaramureze neza akaba ari uwo ariwe ubu abikesha nyina ariyo mpamvu ashaka kumushimira amwibutsa ko cyera ibyo nyina yamukoreraga atabyibagiwe ahubwo yabahaye agaciro.
Sheebah amakuru avuga ko nyina ashobora kuba ari umunyarwanda nyuma yo kugaragara bari kumwe ubwo bifotozaga ndetse na mbere bikaba byarigeze kuvugwa ko uyu muhanzi wakoze izina muri Uganda no mu bihugu byinshi kubera indirimbo ze gukundwa kandi akaba azwiho nk’umukobwa uzi gukora kandi ushaka kwiteza imbere.



Nyina wa Sheebah bivugwa ko ari umunyarwanda

Uyu muhanzikazi akunda no kuza mu Rwanda kuhakorera ibitaramo akaba afite indirimbo nyinshi nka Kisasi kimu,Onkutudde,Binkolera yakoranye na The Ben wo mu Rwanda ariko ubu uba muri Amerika ,Waadawa yakoranye na Chosen Blood ,Farmer yakoranye na Yankee Benda n’izindi nyinshi.
Noella
6,483 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply