umu amakuru- Irebere aho bamwe mu ba Perezida muri Africa bapfuye aho bashyinguwe hatangaje | Umusingi

Irebere aho bamwe mu ba Perezida muri Africa bapfuye aho bashyinguwe hatangaje

Please enter banners and links.

Nkuko mu bizi Ikinyamakuru Umusingi kigerageza kubashakira amakuru utasanga ahandi tukaba twagerageje kubashakira inkuru igaragaza aho bamwe mu ba Perezida ba Africa bapfuye bashyinguwe.

Hamwe ubona hatangaje ariko bigaragaza icyubahiro igihugu kiba cyarahaye uwo mu Perezida kuko iyo ntacyo yabakoreye gifatika ntago bamushyingura ahantu heza nkuko mubibona ku mafoto.

Bamwe bubakiwe amazu ahenze cyane bashyingurwamo ku buryo haba harinzwe n’abasirikare kandi abantu babishaka bajyayo kuhasura n’ubwo mu nkuru itaha tuzabakorera urutonde rw’abandi ba Perezida bapfuye ariko ntibahabwe icyubahiro nk’icyo aba bahawe.

6,020 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.