Umumotari wibye ikariso ashaka gushimisha umukunzi we yakatiwe gufungwa imyaka 12
— August 17, 2019
Please enter banners and links.

Umucamanza w’urukiko rukuru muri Kampala yohereje muri gereza ya Luzira uwitwa Rashid Fadiga muri gereza gufungwa imyaka 12 kubera kwiba school fees z’umunyeshuri wa Kyambogo University n’ikariso 2.
Uruhande rurega ruvuga ko mu kwezi kwa gatatu tariki 16 umwaka wa 2017 mu bice bya Nakasero muri Kampala uwitwa Rashid Fadiga yibye isakoshi ya Kevin Aweko harimo amafaranga y’ishuri 450.000,ikariso 2 zifite agaciro k’ibihumbi 10.000,Bulawuzi 6 zihwanye n’amafaranga 18.000,ipantalo 4 zihwanye n’amafaranga 20.000.
Aweko avuga ko Fadiga yari afite icyuma amubwira ko natamuha isakoshi azamugirira nabi.Amakuru avuga ko Aweko yari avuye Paidah agiye kuri Kaminuza ya Kyambogo ageze kuri Arua Park muri Kampala afata moto yo kumugeza Banda kuri Kaminuza .
Umucamanza Kazarwe avuga ko ibinyetso byatanzwe n’uruhande rwareze bifite ishingiro bityo amwohereza muri gereza gufungwa imyaka 12 yose.
5,207 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply