Umumotari wibye ikariso ashaka gushimisha umukunzi we yakatiwe gufungwa imyaka 12
— August 17, 2019
Please enter banners and links.

Umucamanza w’urukiko rukuru muri Kampala yohereje muri gereza ya Luzira uwitwa Rashid Fadiga muri gereza gufungwa imyaka 12 kubera kwiba school fees z’umunyeshuri wa Kyambogo University n’ikariso 2.
Uruhande rurega ruvuga ko mu kwezi kwa gatatu tariki 16 umwaka wa 2017 mu bice bya Nakasero muri Kampala uwitwa Rashid Fadiga yibye isakoshi ya Kevin Aweko harimo amafaranga y’ishuri 450.000,ikariso 2 zifite agaciro k’ibihumbi 10.000,Bulawuzi 6 zihwanye n’amafaranga 18.000,ipantalo 4 zihwanye n’amafaranga 20.000.
Aweko avuga ko Fadiga yari afite icyuma amubwira ko natamuha isakoshi azamugirira nabi.Amakuru avuga ko Aweko yari avuye Paidah agiye kuri Kaminuza ya Kyambogo ageze kuri Arua Park muri Kampala afata moto yo kumugeza Banda kuri Kaminuza .
Umucamanza Kazarwe avuga ko ibinyetso byatanzwe n’uruhande rwareze bifite ishingiro bityo amwohereza muri gereza gufungwa imyaka 12 yose.
5,087 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply