Sunny uzwiho gusohora indirimbo zirimo udushya zigakundwa cyane nka uri kungora na Poropati ubu yasohoye Waone
— August 15, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzi Sunny umaze kugaragaza ko ashoboye ndetse umaze kwigarurira abantu benshi kubera gukunda indirimbo ze n’itangazamakuru amaze kuryigarurira kubera ibyo akora bishimishije.
Sunny akaba azwi ku ndirimbo yakunzwe cyane yitwa kungora yakunzwe cyane n’uburyo avugamo ikinyarwanda cye nkaho atazi kukivuga neza ariko akaba yarabibyineze neza birakundwa nyuma y’iyo asohora indi nayo yavugishije benshi yitwa Poropati .







Ubu Sunny akaba yasohoye indi ndirimbo nayo yakunzwe yitwa Waone akaba yayikoranye n’umuhanzi wa Tanzania witwa Aslay.
Ikintu abantu bari kwibaza n’uburyo uyu muhanzi asigaye akunzwe cyane n’ibihangano bye kandi mbere atari azwi bikaba bivugwa ko ashobora kuba afite aho yagiye kuko yigeze kumara igihe yarabuze muri muzika ariko aho agarukiye kuva icyo gihe buri ndirimbo asohoye irakundwa cyane.
Uretse Poropati yakoze wenyine indi nka Urikungora yayikoranye na Bruce Melody iyi nayo yasohoye yitwa Waone akaba yayikoranye na Aslay wo muri Tanzania abantu bakaba bategereje kubona indirimbo ye yayikoranye na Sheebah wo muri Uganda kuko yaba nziza cyane cyangwa Cindy.
5,323 total views, 7 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply