Menya imyambarire y’abagore cyangwa abakobwa ivuna abagabo ijosi cyangwa ibatera ibishuko
— August 15, 2019
Please enter banners and links.

Umugore cyangwa umukobwa iyo yambaye mini cyangwa imyenda basigaye Bambara igaragaza amabere cyangwa akenda kamufashe wese kakerekana uko ateye bituma abagabo benshi bahindukira bagashaka gukomeza kureba ibyiza by’Imana yaremye.
Bamwe bituma bahungabana mu bwonko bwabo ubwo abakoraga akazi kagahagarara kugirango abanze arebe cyangwa baba bari mu biro buri kanya akarebayo ku buryo bamwe bashobora no kurwara urucyebu.
Iyi myambarire ivuna abagabo ijosi ikunda kugaragara cyane cyane guhera kuwa gatanu na weekend yose kubera usanga abenshi baba bashaka kuruhuka bakambara ibyo bashatse cyane cyane mu mugi aho batagira isoni ,abandi batwambara bagiye kugira ibyo bagura cyangwa guhura n’abashuti ahantu hagezweho ngo basangire banaganira.



Ikinyamakuru cya Bukedde cyo muri Uganda kivuga ko kuwa gatanu abakobwa n’abagore bamwe wagira ngo baba bacitse ikiziriko mu maduka ,mu masoko hirya no hino mu tubari usanga hari abambaye twa mini abandi bambaye imyenda irekura igituza ku buryo amabere hafi kujya ku karubanda ,ibyo byaba bikiri aho abambaye Deshire cyangwa bita Damage Jeans nabo ibibero biri hanze abagabo ubwo bagacanganyikirwa ibyo bakora ntibabikore neza abandi umukobwa yamunyuraho ubwo agahindukira akamukurikiza amaso ndetse abandi bahindukira inshuro nyinshi.
Uretse mini n’indi igaragaza amabere hari n’igihe ubona uwambaye igaragaza amabere kandi yambaye na sikati cyangwa ijipo ifite siriti igera hafi mu itako cyangwa hajuru cyane ku buryo atambuka ukareba hafi cyangwa akareba ikariso.
Godfrey Lutwama acuruza Telephone ahitwa Mutaasa Kafeero muri Kampalaavuga ko hari igihe ashobora kwinga yatanze Telephone ku buntu cyangwa akayigurisha macye kubera abakobwa bafite imyambarire ishitura abagabo.
Godfrey Lutwama agira ati “Hari igihe abakobwa babiri baje kugura Telephone kandi babikora babigambiriye barinjiye ubwo ijisho ntahandi ryahise rireba kuko uburyo bari bambaye buri mugabo wese wababona yacanganyikirwa kuko umwe yari yamabaye agakanzu kamufashe kakamini undi yambaye amabere yose agaragara nta n’akarega yari yambaye batangira kumbaza ibiciro maze bahita bantega umutego umwe arunama sinzi icyo yatoraguraga hasi ubwo nahise mbona ibintu byose mbura amahoro muri njye numvaga nayimuhera Ubuntu byarangiye nyibahereye macye cyane kuko bafite ukuntu bakwinginga ngo ugabanye kandi ntiwabura kugabanya bitewe n’ibyo uba ureba”.Abandi bahava muhanye na nimero za Telephone mugatangira kuvugana ariko bamwe mu bagabo bafite imvugo ngo nugushimisha amaso iyo babonye abakobwa bambaye gutyo.
Bamwe mu bagabo cyane cyane mu tubari hari abagurira ibyo kunywa ku buryo amafaranga abashirana bagataha ntacyo batahanye bagatangira kwicuza mugitondo babuze nayo gutegesha.
10,040 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply