Umuhanzi mushya muri Uganda yasohoye indirimbo abandi bahanzi babakobwa bagira ubwoba kubera ubwiza bwe (Vidio)
— August 6, 2019
Please enter banners and links.

Daniella Maila n’umuhanzi ukizamuka muri muzika ya Uganda akaba yasohoye indirimbo yitwa Akagambo ugenekereje mu Kinyarwanda akajambo ariko iyo ndirimbo ikimara gusuhoka abasore batangiye kuyikwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga nka Facebook na twitter na Whatsap maze bamwe mu bakobwa babahanze muri Uganda batangira kumugirira ubwoba ko agiye kubatwara abakunzi.
Bamwe mu bahanzikazi batangiye kumugirira ubwoba harimo Lydia Jasmine ,Spice Diana n’abandi kubera ko bari baziko aribo beza kandi bakunzwe.


Daniella Maila


Ikinyamakuru Umusingi cyavuganye na Daniella Maila tumubaza ku bijyanye n’ibyo abantu bavuga ko hari abahanzi batangiye kugira ubwoba ko ari mwiza kubarusha igiye kubatwara abakunzi maze ati “Abantu bavuga ibyo bashatse njye ibyo ntabyo nzi nakoze indirimbo nicyo navuga kandi nifuza ko abanyamakuru mumfasha kuyimenyekanisha”.Uganda ni igihugu muzika imaze gutera imbere ndetse na Compitition iri hejuru ku buryo abahanzi usohoye indirimbo agerageza kuyimenyekanisha bishoboka bitandukanye no mu Rwanda aho bamwe mu bahanzi basohora indirimbo.
Noella
5,122 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply