Umuhanzi Cindy yakubitiwe ku rubyiniro
— June 18, 2016
Please enter banners and links.

Muri Uganda umuhanzi uzwi cyane mu kugaragaza ubwambure Cindy abafana bamukubitiye ku rubyiniro bamucyurira ko ari umusambanyi.
Uyu muhanzi bitewe n’uburyo yari yambaye ubwo yari mu gitaramo mu kabyiniro kamwe muri Kampala abafana bananiwe kwihangana barira urubyiniro aho yabyiniraga batangira kumukubita bamucyurira ko ari insambanyi bitewe n’uburyo yari yaje yambaye.



Uyu muhanzi ugira ijwi ryiza akunda kugaragaza ubwambure bwe cyane ndetse n’indirimbo ze inyishi zirabigaragaza .
Ikindi cyarakaje abafana nkuko igitangazamakuru Galaxy kibitangaza ngo ni uko yabyinaga yurira umusore yari yahamagaye ku rubyiniro asa nugaragaza ubusambanyi bityo birakaza abafana bari baje kumureba.
Cindy n’ubwo aheruka mu Rwanda ari kumwe n’umuhanzi Kid Gaju mu gitaramo cye dore ko banakoranye indirimbo igakundwa yagaragaje ubwambure abafana bavuza induru kubera kureba ibyo batamenyereye ndetse nabwo yabyinaga yurira Kid Gaju nk’ibyo yakoreraga abamukubise.
3,708 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply