Umunyamakuru Ndoli Semana wiyitaga Kanuma Christopher kuri Facebook yitabye Imana azize urupfu rutunguranye
— July 10, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya aho uyu munyamakuru yabaga aravuga ko umunyamakuru Christopher Kanuma amazina akoresha kuri Facebook ariko ubusanzwe yitwa Ndoli Semana yitabye Imana.
Uyu munyamakuru bivugwa ko ariwe watangije ihame.org ariko akaba yakundaga kwandika cyane inkuru zo muri DR.Congo ndetse no mu Karere muri Rusange bikaba bitaramenyekana icyo yazize.Amakuru tugitohoza ni uko yapfuye yishwe n’urupfu rutunguranye aho bivugwa ko hari umuntu basangiye icyayi nyuma yo gutandukana akaremba bakamujyana kwa muganga agahita apf.

Ifoto azwiho cyane kuri Facebook

Ifoto ye nyayo
Yitabye Imana ku myaka 42 aguye i Nairobi mu gihugu cya Kenya aho yabaga.
Yafashwe n’uburwayi butunguranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2019 ku mugoroba, ahita ajyanwa kwa muganga mu bitaro Aga Khan University Hospital i Nairobi ni naho yaguye.Abantu benshi bamuzi ku izina rya Kanuma Christpher kuri Facebook.
Uyu musore yabaye mu Rwanda mu Karere ka Rwamagana ariho yavuye yarekeza muri Kenya tutaramenya neza niba yari yarahungiyeyo cyangwa hari ibindi yakoreragayo ariko amakuru yandi tuzamenya nayo tuzayabagezaho.
4,987 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply