Impanuka:Igikamyo cyabuze feri mu mujyi wa Kampala kigonga Taxi yari ipakiye abagenzi n’izindi modoka (Amafoto)
— April 24, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu Mujyi wa Kampala aravuga ko muri uyu mugoroba habaye impanuka ikomeye ubwo ikamyo yabuze feri ikagonga tagisi Mini bus yari ipakiye abagenzi ihagaze ku matara amwe ahagarika imodoka izuruka ku rundi ruhande zitatambuka cyangwa akemerera izari zihagaze gutambuka(Traffic lights).
Ibi bikaba byabereye ahitwa Kiira Road hari na sitasiyo ya polisi,iyo kamyo ikaba yagonze iyo taxi ndetse n’izindi modoka nyinshi zari zihagaze zitegereje amatara kuzirekura.Amakuru akaba avuga ko hari abantu bataramenyekana bapfuye ariko abenshi bakaba bakomeretse bikomeye ndetse bikaba bivugwa ko icyo gikamyo gishobora kuba cyagonze abamotari kikabatwarira mu mapine yacyo.
Turacyakurikirana amakuru arambuye turayabagezaho ariko ufite inshuti cyangwa umuvandimwe muri Kampala yamubaza ko ari muzima kuko wenda ashobora kuba yari muri izo modoka zakoze impanuka.




5,893 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply