Umuhanzi Rema akaba umugore wa Eddy Kenzo aritegura kuba mu buzima atari kumwe n’umugabo we
— March 17, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru agera ku kinyamakuru Umusingi aturutse muri Uganda aravuga ko umuhanzi Rema Namakula umugore wa Eddy Kenzo arimo kwitegura kuba mu buzima atari kumwe n’umugabo we.
Aba bahanzi bombi kandi bakunzwe muri Uganda hashize iminsi bavugwa mu binyamakuru ko Eddy Kenzo aca inyuma umugore we Rema hakaba haravuzwe abahanzi batandukanye ko baba baryamana na Eddy Kenzo mu bavuzwe harimo umukobwa witwa Pia Pounds ,Cindy na Lydia Jasmine ubu niwe ugezweho.
Uyu mugore wa Kenzo n’umugore ucisha macye ndetse ibintu by’urugo rwe akunda kubigira ibanga cyane kuri ubu akaba ategura kujya kuba mu nzu ye amaze iminsi yubaka ahitwa Namugongo.

Rema

Eddy Kenzo
Rema hashize iminsi asohoye indirimbo yitwa Sirimuyembe ugenekereje mu Kinyarwanda bivuze ngo sindi umuwembe kuko hari abawutegereza kuwurya ari uhiye bivuze ko Kenzo atakoraga inshingano ze zo mu cyumba umugore ashaka kumucyurira abinyujije mu ndirimbo ariko akaba yarabihakanye ko atari we yashakaga kubwira.
Amakuru akaba avuga ko Rema inzu ye yubakaga y’ibyumba 3 akaba yateganyaga kuyikodesha ariko kubera amaze kurambirwa ingezo z’umugabo we ushinjwa kumuca unyuma akaba ategura ibirori byo gutaha inzu ye akajya kuyibamo kumugaragaro agatandukana na Kenzo.

Lydia Jasmine ushinjwa kuba ari mu rukundo rwibanga na Eddy Kenzo



Zimwe mu nshuti ze zikaba zivuga ko Rema ntako atagize yihanganiye ingeso za Eddy Kenzo bafitanye abana ndetse Rema bikaba bivugwa ko kubera gucisha macye no kwitonda yihanganye cyane ari undi yari kuba yaratandukanye na Eddy Kenzo ndetse akaba yaratinye kujya mu binyamakuru ko yatandukanye n’umugabo kuko abagore benshi barabitinya.

Pia Pounds nawe ushinjwa gutwara umugabo wa Rema

Umuhanzi Cindy Sanyu nawe ushinjwa kuba mu rukundo na Eddy Kenzo



Noella
7,894 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply