Mbarara abarwayi baryama ku bitanda bitagira matora
— March 9, 2019
Please enter banners and links.

Hari amafoto y’abarwayi arimo gucicikana ku mbuga nkoranya mbaga nka Facebook y’abarwayi baryamye ku bitanda bitagira matora bikaba bivugwa ko ari Mbarara muri Uganda.
Hari umwe wavuze ngo ni gute umurwayi ahabwa igitanda kitariho matora kandi ari bwishyure amafaranga ye.
Abandi bavuga ko Uganda ari igihugu gikize ariko ruswa ariyo yakishe nyuma yaho mu minsi ishize abanyamakuru ba BBC bafunzwe bazira inkuru bakoraga y’abayobozi bakomeye bagurisha imiti yakabaye yoherezwa mu bitaro ariko ikagurishwa n’abantu muri Leta.
3,730 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply