Young Grace atwite inda y’imvutsi
— March 8, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzi Young Grace yahishuye ko ari mu byishimo by’uko ari kwitegura kubyara umwana we w’imfura.
Young Grace ni umuhanzikazi wubashywe mu bakora injyana ya Hip Hop mu Rwanda. Amaze igihe kinini atagaragara mu ruhame no mu bikorwa bya muzika.
Abinyujije kuri Instagram yishuye ko ari kwitegura kwibaruka umwana we w’imfura. Yashyizeho amashusho agaragaza umwana wisimbiza mu nda n’amagambo agaragaza ibyishimo.
Yagize ati “ Ndi kunyura mu bihe bidasanzwe buri mugore wese abategereje mu buzima bwe. Oh! Ubu inda yanjye irizihiwe nk’umutima wanjye.”
Young Grace ntiyavuze se w’umwana ariko asanzwe akundana n’umusore witwa Rwabuhihi Hubert [Piqué] ukina mu ikipe y’umupira w’amaguru yitwa Heroes yo mu Cyiciro cya Kabiri.


Tariki 19 Nzeri 2018 mu birori yizihirijemo isabukuru y’imyaka 25 y’amavuko, uyu musore yambitse impeta y’urukundo Young Grace bemeranywa kuzabana.
Mu minsi ishize umwe mu bakunzi yamubajije igihe azakorera ubukwe avuga ko ari vuba.
Src:Igihe
5,993 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply