Ikamyo muri Uganda yagonze sitasiyo n’abamotari n’umwana wacuruzaga sambusa barapfa
— January 15, 2019
Please enter banners and links.

Kuri uyu munsi tariki 15 Mutarama 2019 ahagana mu masa sita z’amanywa ikamyo ifite pulake (Plaque)134 UBS yagonze moto yari twawe n’umutori witwa Muzamiru ahetse undi muntu irabagonga barapfa irakomeza igonga sitasiyo n’umwana wacuruzaga sambuza azitembereza.
Uwacuruzaga sambusa we yitwa Junior Rukundo ikaba yabagongeye ahitwa Bbanda irakomeza igonga abakozi ba Mo oil.
Abari bahari iyi mpanuka iba bavuze ko hari indi kamyo yavaga Jinja ikatana iyi yagonze igiye kuyibisa ikubitana n’umumotari iramugonga irakomeza igonga abakozi ba sitasiyo na sitasiyo byose bikaba bivugwa ko hapfuye abantu 3 abandi bakaba bari mu bitaro bameze nabi.




Sambusa zamenetse hasi umwana wazicuruzaga bamugoinze

Ikamyo yagonze

Uwa traffic polisi avuga uko impanuka yabaye


3,374 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
WHO IS THE CEO STANLEY GATERA?
Leave a reply