umu amakuru- Breaking News:Humvikanye urufaya rw’amasasu mu gitero cy’ibyihebe mu mujyi wa Nairobi kuri Dusit Hotel | Umusingi

Breaking News:Humvikanye urufaya rw’amasasu mu gitero cy’ibyihebe mu mujyi wa Nairobi kuri Dusit Hotel

Please enter banners and links.

Muri aka kanya twandika inkuru umujyi wa Nairobi ntago utuje abantu bariruka buri umwe akiza amagara ye kubera urufaya rw’amasusu rwumvikanye abantu barasana ndetse n’imodoka zigatwikwa.

Polisi yahise iza n’izindi nzego z’umutekano zitandukanye  zisohora abanyeshuri bose baba muri hostel mu rwego rwo kubashakira umutekano no gukora iperereza.

Ntiharamenyekana impamvu y’igitero ndetse ntiharamenyekana umubare wabamaze kwicwa ariko turakomeza kubagezaho amakuru uko tugenda tumenya amakuru turayabagezaho.

Kenya n’igihugu gikunze kwibasirwa n’ibyihebe byo muri Alishabab ariko kugeza ubu Leta ntiragira icyo itangaza gusa haravugwa ko abagabye igitero Dusit D2, 14 Riverside, Westlands, Nairobi ari Alshababu abandi bakavuga ko ari abajura basanzwe bityo tukaba turibubagezeho ibyo Leta iributangaze.

4,037 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.