Spice Diane ukunda kuririmba aseka abasore bamufatafata ku mabere arimo kubaka inzu ya etaje
— January 15, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru agera ku kinyamakuru Umusingi ni uko umuhanzi Spice Diana amazina ye nyayo yitwa Diana Namukwaya bamwe bakunda kwita agakobwa gakunda guseka cyane ndetse rimwe na rimwe abasore bakagafatafata ku mabere mu bitaramo karimo kubaka inzu ya etaje.
N’umukobwa ubona umaze kugira izina rikomeye ariko utaragera kuri ba Juliana ,Rema umugore wa Eddy Kenzo ba Winnie Nwagi naba Sheebah ariko nawe amaze kugira izina.
Bimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda byanditse bivuga ko arimo kubaka inzu ya etaje igikorwa gishoborwa n’abahanzi bacye cyane muri Uganda.
Hari ibinyamakuru byavuze ko bamusanze arimo guha amabwiriza abubatsi mu mujyi wa Kampala aho arimo kubaka inzu ya eteje.
Abantu batandukanye barimo kwibaza niba uyu mukobwa amafaranga yarayakuye mu muziki gusa cyangwa hari izindi nzira yaba yaranyuzemo kuyabona kuko hari benshi bamutanze mu muziki batariyubakira akazu none we akaba aje akabanyuraho akubaka etaje yubakwa n’abagabo igasiba abandi n’ubwo amahirwe y’umuntu atareba imyaka umaze mu mwuga.
Hari abatangiye kuvuga ko hari igihe bamubonanye n’abagabo bakomoka mu bihugu by’Abarabu bari kumwe nawe ubwo yizihizaga umunsi w’isabukuru ye yamavuko yizihirije mu bwato bwiza cyane ndetse bamwe bacyeka ko yari mu gihugu cya Dubai ko bashobora kuba baramuhaye ku gafaranga .




Hano yakoranye indirimbo na ba Radio na Weseal

Uyu mukobwa agira n’ibiro bikomeye akoreramo akazi ka muzika ye


afite n’imodoka nziza


Uyu mukobwa aherutse kujya mu gitaramo ari ku rubyiniro abasore batangira kumubwira ko amabere ye yaguye ati ibyo muribeshye nimwohereze umusore aze akoreho ababwire bityo umusore araza barabyinana ari nako amukora ku mabere abantu bose bareba.
Ariko hari abavuga ko ibyo aribyo bituma akundwa cyane kandi ibihangano bye bikagurwa akabona amafaranga kuko abasitari kumukora ku mabere ye aba yumva ntacyo bimutwaye.






6,659 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply