umu amakuru-  Ishyirahamwe ry’Ababuranyi ryareze Museveni mu Rukiko | Umusingi

Museveni_2833475b  Ishyirahamwe ry’Ababuranyi ryareze Museveni mu Rukiko

Please enter banners and links.

Museveni_2833475b

 

Ishyirahamwe ry’Ababuranyi mu gihugu cya Uganda bareze mu rukiko Perezida Museveni kubera yakiriye Perezida Bashir wa Sudan ubwo yari aje mu muhango wo kurahira kwa Museveni taliki 12 Gicurasi 2016.

Perezida Bashir wa Sudan yashyiriweho impapuro zimufata n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kubera ibyaha yakoze byibasiye inyoko muntu.

Perezida Museveni baramushinja kuba ari mu basinye ko urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rushyirwaho ariko akaba atubahiriza ibyo yasinyiye.

Perezida Bashir yari agiye gufatirwa mu gihugu cya Afurika y’Epfo ariko Perezida w’icyo gihugu Zuma amucira akayira abashakaga kumufata batazi azana kajugujugu aramucikisha .

Perezida Bashir akaba ateganya kuza mu Rwanda mu nama y’unze ubumwe  ya Africa(Africa Union)iteganyijwe kubera mu Rwanda.

Ariko ikigaragara ni uko babona Museveni yafunze Dr.Kiiza BBesigye nabo bakaba babona akora amakosa bagashaka ko nawe yitaba inkiko .

Muhungu John

2,603 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.