Ishyirahamwe ry’Ababuranyi ryareze Museveni mu Rukiko
— May 18, 2016
Please enter banners and links.

Ishyirahamwe ry’Ababuranyi mu gihugu cya Uganda bareze mu rukiko Perezida Museveni kubera yakiriye Perezida Bashir wa Sudan ubwo yari aje mu muhango wo kurahira kwa Museveni taliki 12 Gicurasi 2016.
Perezida Bashir wa Sudan yashyiriweho impapuro zimufata n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kubera ibyaha yakoze byibasiye inyoko muntu.
Perezida Museveni baramushinja kuba ari mu basinye ko urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rushyirwaho ariko akaba atubahiriza ibyo yasinyiye.
Perezida Bashir yari agiye gufatirwa mu gihugu cya Afurika y’Epfo ariko Perezida w’icyo gihugu Zuma amucira akayira abashakaga kumufata batazi azana kajugujugu aramucikisha .
Perezida Bashir akaba ateganya kuza mu Rwanda mu nama y’unze ubumwe ya Africa(Africa Union)iteganyijwe kubera mu Rwanda.
Ariko ikigaragara ni uko babona Museveni yafunze Dr.Kiiza BBesigye nabo bakaba babona akora amakosa bagashaka ko nawe yitaba inkiko .
Muhungu John
2,603 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply