Utunyamasyo 153 twafashwe tujyanwa mu Bwongereza
— May 18, 2016
Please enter banners and links.

Abantu basigaye bakora ubucuruzi butazwi kandi burimo amafaranga menshi bagakira vuba bagatangira kuvuga ko amafaranga bayibye kandi ari ubucuruzi nk’ubu abantu baba batazi.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro URA cyafashe abagabo 2 bari ba pakiye imodoka utunyamasyo 153 bivugwa ko bari badukuye ahitwa Nakapiripiriti muri Kalamoja amajyaruguru ya Uganda.
Abafashwe uyu munsi Kuwa 18 Gicurasi 2016 ntibaramenyekana amazina yabo ndetse ntibaranasobanura impamvu ubu Bunyamasyo babutwara mu Bwongereza.Ntawamenya niba buba bugiye kuribwa cyangwa hari imiti babukoramo cyangwa ikindi icyo aricyo cyose.
Agnes Nabwire umukozi wa URA yavuze ko bahawe amakuru n’inzego zishinzwe iperereza bafata imodoka bari bapakiyemo utunyamasyo dufungiye mu mifuka .Utu tunyamasyo tukaba twarasubijwe abashinzwe kurinda inyamaswa n’amashyamba kuwa 17 Gicurasi 2016.

Josey Muhangi ushinzwe itangazamakuru mu kigo gishinzwe inyamaswa n’amashyamba yavuze ko akanyamasyo kamwe kagura Amadorari ibihumbi bitanu (5000UDS)ku isoko ryo kumugabane wa Asia ku muntu ubutwara ntabyangombwa kuko ntago byoroshye kubibona.
Amakuru atangwa na Havocscope urubuga rwo kuri interinet rutanga amakuru y’abacuruza mu buryo butemewe ibyo bita( black market ) ruvuga ko akanyamasyo kamwe muri Malaysia kagura Ama pound $10,000 mu mashilling ya Uganda Miliyoni miring itatu ne eshatu n’ibihumbi Magana abiri (Shs33.2m).
Utunyamasyo turahenda cyane muri Asia no muri Chine kuko baburya nk’ibiryo ,ikizu cyabwo bakagisyamo ifu bakayikoramo umuti.
Muhungu John
3,017 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply