Museveni yishimiye kwakira Miss Africa Abenakyo ariko yamugaye kwambara imisatsi y’Abahinde (Amafoto&Vidio)
— December 19, 2018
Please enter banners and links.

Uyu munsi tariki 19 Ukuboza 2018 nibwo Nyampinga wa Africa (Miss Africa)akaba na Miss Uganda yagarutse mu gihugu avuye mu Bushinwa (China) akaba yabanje kwakirwa na Minisiteri ufite mu nshingano ibijyanye na Miss Uganda nyuma yakirwa na Perezida Museveni.
Perezida Museveni yashimiye cyane Miss Abenakyo ariko amunenga kuba yambaye imisatsi y’Abahinde amusaba kugira imisatsi y’umwimerere kuko ari mwiza.
Perezida Museveni akaba yagize ati “Miss Abenakyo umukobwa mwiza w’uMusoga namugiriye inama kugira umusatsi w’umwimerere w’Africa akareka iyo yari yambaye y’Abahinde”.



Miss Abenakyo ari kumwe n’ababyeyi be



Perezida Museveni akaba yashimiye ababyeyi ba Abenakyo kuba barashoboye kumurera akagira umuco n’ikinyabupfura ndetse bakamwigisha akaba arangije kwiga Kaminuza ati hari abandi bananirwa kurera abana babo ugasanga abana barajya mu ngeso mbi ariko kuba barashoboye kumurera agakura akagira ubwenge ndetse akaba afite umuco n’ikintu kiza cyo gushimirwa.
Museveni yavuze ko yaganiriye na Abenakyo akaba afite gahunda yo gufasha abana babakobwa kugira icyerekezo kandi yamwemereye ko azamushyigikira ndetse ati Leta nyoboye nayo ikwijeje kuzagufasha muri gahunda zawe.
Igikorwa Perezida Museveni yakoze cyo kumwakira abantu bagishimye cyane bavuga ko ari ikimenyetso cyo gushyigikira Miss Uganda kandi bizatuma birushaho kwitabirwa ndetse no kugira agaciro.

4,736 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply