Uganda basabye inguzanyo ya Miliyari 380 yo gukoresha mu bikorwa by’ibanga hacyekwa ko ari intambara barimo kwitegura
— December 19, 2018
Please enter banners and links.

Minisitiri y’imari muri Uganda yasabye inteko ishingamategeko y’icyo gihugu ko iyemerera igasaba inguzanyo ya Miliyari 380 azakoreshwa na Minisiteri y’Ingabo mu bikorwa bikorwa mu ibanga.
Bamwe bumvise aya makuru batangiye gucye ko hashobora kuba hari intambara iki gihugu gishobora kuba kirimo kwitegura kuko ayo mafaranga basaba ari menshi cyane kandi bikavugwa ko azakoreshwa mu bikorwa by’ibanga (Clasified Expenditure).
Nkuko ikinyamakuru cyo muri Uganda cya chimpreports kibuvuga kigaragaza ko amwe muri ayo mafaranga ari ayo guhemba local defensi ziherutse kwinjizwa muri ako kazi ko gufasha polisi kurwanya iterabwoba n’ibindi byaha bitandukanye muri icyo gihugu.
Abakeka intambara n’ukubera amakuru amaze iminsi avugwa hagati y’ibihugu bituranye na Uganda ndetse n’inyeshyamba za ADF ko mu mpera z’umwaka iki gihugu kibasirwa cyane abagizi ba nabi bakica abantu bityo bikaba aribyo bicyekwa ko ayo mafaranga aricyo yasabiwe.
Ibi Minisiteri ikaba yasabye Perezidante w’Inteko ishingamategeko Hon.Kadaga ko byihutirwa cyane dore ko ayo mafaranga atari azaturuka mu misoro y’abantu ko yabemerera vuba bagakora ibyo yagenewe hatabayeho kubatinza.
Hashize iminsi havugwa umwuka utari mwiza hagati ya Uganda n’uRwanda kubera ikibazo cy’uBurundi ndetse bivugwa ko u Burundi bushobora kuba buri mu myiteguro y’intambara aribyo bamwe bacyeka ko Museveni ashobora gushyigikira Perezida Nkurunziza muri ayo mafaranga yasabwe akaba yamugurizaho macye dore ko binavugwa ko ari we wamusubije ku butegetsi ubwo yari yakorewe Coup d’Etat.
5,253 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply