Camera zagaragaje umukozi wo murugo asuka inkari mu mutobe wa Boss we
— May 1, 2016
Please enter banners and links.

Umukozi wo mu rugo bamwe bakunda kwita abayaya camera zamufashe anyara hejuru ya Jaga arangije asuka inkari ze mu mutobe w’ubutunda bwa Boss we.
Ibi yabikoze kubera bari bamaze iminsi bashwana na Boss we bityo Boss w’uyu muyaya agira ubwoba atega camera hose mu nzu no mu gikoni .
Boss utagaragajwe amazina ye kubera impamvu z’umutekano n’umuyaya nawe ni uko bose amazina yagizwe ibanga.
Boss avuga ko kubera uko batonganaga n’umukozi we yagize ubwo ahitamo kumutega Camera kugirango uwo mukozi atazamugaburira ibitagaburirwa maze umunsi azitega agarutse kureba ibyo zafashe asanga umukozi anyara mu I Jaga yarangiza agasuka inkari mu mutobe w’ubutunda akajya gutereka aho Boss we asanzwe akura uwo mutobe.
Ikinyamakuru Daily Mail dukesha iyi nkuru kivuga koi bi byabereye mu gihugu cya Saudi Arabia ariko umukozi akaba ari uwo muri Somalia.
Uru rugo rukaba rwari rufite abakozi 2 bose babakobwa umwe akaba ariwe wakoze umutobe w’ubutunda undi washwanye na Boss acunga uwawukoze asohotse ahita anyara muri Jaga asuka inkari ze mu mutobe w’ubutunda bari buhe Boss wabo.
Muhungu John
2,973 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply