Scotland:Umwana w’imyaka 6 yasambanyijwe kungufu uwamusambanyije arangije aramwica
— July 6, 2018
Please enter banners and links.

Umwana w’umukobwa w’imyaka 6 kuri uyu wa kane tariki 5 Nyakanga 2018 yasanzwe mu bihuru bya hotel ariko itagikorerwamo yishwe ariko iperereza ryakozwe na Polisi ya Scotland rivuga ko mbere yo kumwica uwamwishe yabanje kumusambanya kugahato.
Alesha MacPhail niwe wasambanyijwe aricwa ajugunywa mu gihugu hafi ya hotel itagikorerwamo ariko nyuma polisi yashakishije ahantu hose basanga yishwe ariko yabanje gusambanywa ku ngufu ndetse n’uwamusambanyije akamwica yaje gufatwa nawe basanga atarageza imyaka y’ubukure.

Inzu Alesha MacPhail yabagamo

Imodoka yari izanye ushinjwa kwica Alesha MacPhail ku rukiko

Polisi iri mu mukwabo wo gushakisha Alesha MacPhail



Uwamusambanyije akamwica akaba yagejejwe mu rukiko rwa Greenock Sheriff ashinjwa ibyaha by’ubwicanyi ariko urubanza rukaba rwabereye mu muhezo n’amazina y’uwasambanyije akica Alesha MacPhail yagizwe ibanga nkuko The dailymail ibivuga.
Umupolisi wakurikiranye gushakisha aho umwana yabariye witwa Superintendent Stuart Houston yafashe mumugongo umuryango wa Alesha MacPhail abihanganisha ndetse asaba abaturage ba Bute kuba hafi y’uwo muryango kandi bakajya bafashanya gucunga umutekano no gutanga amakuru kugirango bashobora gufata abanyabyaha.Yakomeje ashimira umuryango wa Alesha MacPhail kuko witwaye neza mu kibazo cyo gushakisha umwana wabo kandi abizeza kuzakomeza kubaba hafi.
Umwana yabanaga na Nyirakuru ubyara se witwa Calum MacPhail w’imyaka 49 na Angela King w’imyaka 46,na se witwa Robert MacPhail w’imyaka 25.
Amakuru y’uko yabuze yamenyekanye nyuma yo gusanga Atari mu buriri bityo batangira gushaka baramubura bahita bamenyesha polisi kubera ko ubu ku isi yose abana babiba polisi yahise ihaguruka batangira gushakisha hanyuma nibwo bamusanze yapfuye bamujugunye mu gihuru kiri mu mbuga ya hotel itagikorerwamo.
Ubusanzwe uwo mwana wishwe yabanaga na nyina ahitwa Airdrie, Lanarkshire ariko mu biruhuko akaza kwa se akaba ariho yiciwe.
3,851 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umwana yamize igishyimbo kimuhagama mu mihogo arapfa
Inkuru y’umugore wataye umugabo we mu bitaro babyaye umwana utagejeje igihe ,buri umwe uyumvise ararira (Vidio)
Abana babaga mu bigo by’Impfubyi babayeho nabi batunzwe no gusura inshuti kugirango baboneyo ifunguro n’icumbi kandi ngo inkunga iva hanze iraza
Ntago dushaka ko muzadusigira igihugu cy’ibibazo – Uwera Zamida
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply