Imyambarire y’umuhanzi Sheebah yahagurukije abagabo bashaka kumukoraho kubera igaragaza ubwambure bwe–AMAFOTO
— January 2, 2018
Please enter banners and links.

Ku itariki isoza mwaka buri gihe, tariki 1 Mutarama muri Kigali haba hitezwe igitaramo cya East African Party, ibi ni nako byagenze kuri uyu wa Mbere tariki 1 Mutarama 2018, aho mu marembo ya Stade Amahoro i Remera habereye igitaramo cyabaga ku nshuro yacyo ya cumi, aha hari hatumiwe abahanzi banyuranye baba aba hano mu Rwanda ndetse no mu karere.
Sheebah Karungi ukomoka mu gihugu cya Uganda ni umwe mu bahanzi bari batumiwe muri iki gitaramo, uyu usanzwe uzwiho kwambara imyambaro igaragaza bimwe mu bice by’ibanga ku mubiri we.
Bidafite aho bitaniye n’iri joro aho uyu muhanzikazi Sheebah yaserukanye imyambaro imufashe kandi ibonerana irengejeho utuntu tumeze nk’inshabure, icyakora uko yabyinaga cyane ko ari umwe mu bahanzikazi bazwiho kubyina bikomeye niko utu twenda twari turengeje kuri iyi myambaro ye twatwarwaga n’umuyaga bityo akenda k’imbere kakajya ku karubanda.
Ibi ni nako kandi byagendaga ku mubyinnyi wa Sheebah bari bari kumwe ku rubyiniro. Sheebah yagiye ku rubyiniro akurikiye itsinda rya Tuff Gangz, agitunguka ku rubyiniro benshi bahise bahaguruka ndetse buri wese yashakaga kwihera ijisho uburyo uyu mukobwa umenyereweho kugorora umubiri abyina mu buryo bwose bushoboka, ibintu bitamenyerewe cyane.



Sheebah Karungi

Sheebah kandi ni we muhanzi wenyine muri iki gitaramo utaririmbye mu buryo bw’umwimerere. Yaririmbye nyinshi mu ndirimbo ze zikunzwe ndetse zinabyinitse, harimo na Binkolera afatanyije na The Ben.
Abagabo benshi wabonaga bashaka kumukoraho dore ko ateye neza ndetse nawe abigaragaza kugirango akurure abagabo bamukunde.
Mu gihugu cya Uganda ho bagira umuco wo guha abahanzi amafaranga iyo agiye ku rubyiniro abashimisha batangira kumujugunyira ibiceri byinshi ndetse abandi bamupfunyika mu ntoki ku buryo atahana amafaranga menshi yiyongera kuyo aba yahawe kuza kubyina ari cyo kimwe mu bivugwa ko abahanzi ba Uganda ari abakire.
3,937 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply