Imva y’uwahoze ari umugabo wa Zari yacukuwe n’abantu batazwi bashaka kwiba amafaranga yashyinguranywe
— December 8, 2017
Please enter banners and links.

Abantu muri Uganda bataramenyekana bateshejwe imva y’uwahoze ari umugabo wa Zari Ivan Ssemwanga bayicukuyeho bashaka gukuramo umurambo we cyangwa gukuramo amafaranga bamushyinguranye.
Abo bantu bari bamaze akanya bacukura imva ya Ssemwanga maze imbwa zibumvise ziramoka bahita biruka.
Bivugwa ko icyatumye bimenyekana n’imbwa zikabamokera ari uko bari bageze kuri za beto none bashaka kuyimena bituma bisakuza imbwa ziramoka n’abo muri uwro rugo batangira gutera induru batabaza bityo abo bantu bariruka.
Ibi byabereye ahitwa Nakaliro muri Kayunga Town council kuwa 6 Ukuboza 2017.
Hari abantu barimo Zari, Ssenyonjo, Ritah Ssemwanga uyu akaba ari mushiki wa Ivan Ssemwanga niba bahaye gucunga iyi mva bashyiraho abapolisi bo guhora bayirinze.
Abapolisi bivugwa ko bishyuwe igice cy’umushahara wa Miliyoni imwe buri kwezi bageze aho akazi baragahagarika kubera kutishyurwa.
Uwitwa Ahmed Mugalaasi yavuze ko icyatumye abarinzi b’iva ya Ssemwanga ari uko abo bayishinze bose basigaye bibera muri Africa y’Epfo ariko avuga ko bamubwiye ko bazaza bakishyura ideni ryose abaharindaga bishyuza.
Amakuru avuga ko abacukuraga imva bashakagamo amafaranga bamushyinguranye kuko nyakwigendera yabaga mu itsinda ryitwa Rich Gang bafite amafaranga menshi cyane ku buryo iyo batumirwaga mu biroro bitwazaga amafaranga yo kumisha mu bantu ndetse no kumushyingura bayamishije mu mva ye.
2,725 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply