Umwe mu bahoze muri M23 yakatiwe gufungwa imyaka 6 muri Uganda
— November 26, 2017
Please enter banners and links.
ss=”alignnone size-full wp-image-12755″ src=”http://www.umusingi.net/wp-content/uploads/2017/11/Dan-Munyamuntu-a-Congolese-national-who-was-found-with-illegal-guns-and-ammunitions-faces-court-at-Makenke-on-Thursday.jpg” alt=”” width=”1024″ height=”683″ />
Urukiko rwa gisirikare I Mbarara muri Uganda kuri uyu wa kane tariki 23 Ugushyingo 2017 rwakatiye imyaka 6 yigifungo umugabo witwa Dan Munyamuntu wahoze muri M23 azira gutunga imbunda mu buryo bunyuranije n’amategeko.
Nkuko Ikinyamakuru cyo muri Uganda chimpreports kivuga ko uyu mugabo ufite ubwene gihugu bwa Congo yatorotse mu nkambi ahitwa Bihanga ajya ahitwa Kisoro afite imbunda.
Inzego z’ishinzwe ubutasi muri Uganda zivuga ko Dan Munyamuntu yari afite umugambi wo kugura imbunda buri imwe yayiguraga Amadorari ya Amerika 500 ndetse uyizanye akomwongera ibihumbi 20 by’amashilingi ya Uganda akaba yari amaze kugura imbunda 5.
Umuvugizi w’ingabo 2nd division Peter Mugisa yavuze ko Dan Munyamuntu imbunda yari yazishyize mu ivarise nini ariko afatwa ageze kuri bariyeri.
Umucamanza mu rukiko rwa gisirikare witwa Col. Geoffrey Mujuni Rwamunyonyore yavuze ko ushinjwa icyaho cyo gutunga imbunda mu buryo bunyuranije n’amategeko yavuze ko icyaha kimuhama amukatira igifungo cy’imyaka 6.
Bamwe mu barwanyi ba M23 bahungiye mu gihugu cya Uganda abandi bahungira mu Rwanda ariko hakaba hari amakuru ko M23 ishobora gusubira muri Congo ariko yarahinduye izina.
2,786 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply