Ese koko Safi Madiba azashobora kuririmba wenyine cyangwa no gukorana indirimbo na Meddy nukumufasha ?
— November 25, 2017
Please enter banners and links.

Nyuma yo kuva mu itsinda rya Urban Boys Safi Madiba arimo gushaka kwereka abantu bavugaga ko atazashobora kuririmba wenyine ko abishoboye mu ndirimbo yakoranye na Meddy yitwa Got it irimo gukundwa cyane kubera ubuhanga bw’abahanzi bombi n’uwayikoze amashusho.
Bamwe bamuvuzeho byinshi ko umugore we Judith yamushutse bigatuma ashwana n’abagenzi be bituma batandukana ndetse bamwe bati ntazibishobora ahubwo umuziki we urarangiye ariko ibyo Safi yabirenzeho akora indirimbo nziza na Meddy yitwa Got it aho abavugaga ko atazabishobora abishoboye.
N’ubwo iyo ndirimbo Got it yabaye nziza ariko bamwe baracyavuga ko ari ukubera Meddy aho umwe mu bavugaga ko Safi atazashobora kuririmba wenyine tutashatse kuvuga amazina ye yagize ati “tuzemera ari uko tubonye indirimbo ye wenyine naho iriya Safi yakoranye na Meddy ni nziza ariko tuzemera akoze indirimbo ye wenyine”.
2,381 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply