Ese koko Safi Madiba azashobora kuririmba wenyine cyangwa no gukorana indirimbo na Meddy nukumufasha ?
— November 25, 2017
Please enter banners and links.

Nyuma yo kuva mu itsinda rya Urban Boys Safi Madiba arimo gushaka kwereka abantu bavugaga ko atazashobora kuririmba wenyine ko abishoboye mu ndirimbo yakoranye na Meddy yitwa Got it irimo gukundwa cyane kubera ubuhanga bw’abahanzi bombi n’uwayikoze amashusho.
Bamwe bamuvuzeho byinshi ko umugore we Judith yamushutse bigatuma ashwana n’abagenzi be bituma batandukana ndetse bamwe bati ntazibishobora ahubwo umuziki we urarangiye ariko ibyo Safi yabirenzeho akora indirimbo nziza na Meddy yitwa Got it aho abavugaga ko atazabishobora abishoboye.
N’ubwo iyo ndirimbo Got it yabaye nziza ariko bamwe baracyavuga ko ari ukubera Meddy aho umwe mu bavugaga ko Safi atazashobora kuririmba wenyine tutashatse kuvuga amazina ye yagize ati “tuzemera ari uko tubonye indirimbo ye wenyine naho iriya Safi yakoranye na Meddy ni nziza ariko tuzemera akoze indirimbo ye wenyine”.
2,337 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply