Hatahuwe aho Perezida Museveni na Kabila na Eduado de Santos bahisha amafaranga yabo
— November 5, 2017
Please enter banners and links.

Bimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda byatangiye kwandika ko Perezida Museveni afite Miliyoni 230 z’Amadorari kuri konte ze ziri muri THE CAYMAN ISLANDS nkuko bavuga ko ari amadosiye abantu bacukumbuye.
Biravugwa ko hari ikinyamakuru cyo mu Budage cyatangaje urutonde rw’abaperezida benshi bahishayo amafaranga yabo ariko muri Africa bakaba bavuga ko Perezida Museveni wa Uganda na Perezida wa DR. Congo Kabila n’uwahoze ari Perezida wa Angola EDUADO DOS SANTOS aribo baza ku mwanya wa mbere.
Ibi byenda gusa n’ibyigeze gusohoka mu myaka ishize muri weakleaks aho bavugaga amabanga y’ibihugu n’abakuru bibihugu ndetse naho babika amafaranga aho abenshi byavugwaga ko abenshi babika muri Panama Papers.
2,796 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply