Amahirwe atabaho ntagucike:Urashaka inzu yo kugura I Rwamgana ifite urugo rwajyamo amazu 3 ku mafaranga make.
— September 2, 2017
Please enter banners and links.

Hari abantu bavukana amahirwe uzagura iyi nzu azaba atamboye kuko urebye aho iri n’uburyo ari hanini hafi y’umuhanda ,amashuri y’abana ari mu marembo ,ibitaro n’iminota 5 kubigeraho .
Iyi nzu nyirayo ayishakamo Miliyoni 20 ariko zishobora kubanuka bitewe n’ubwumvikane kuko nyirayo n’umuntu utagorana.Iyo nzu ntigucike rwose niba ufite gahunda kandi wanahashyira ubucuruzi ,amazu y’ubucuruzi menshi cyangwa ugashyiramo akabari kuko ni hanini cyane cyangwa se ukubakamo amazu y’abapangayi.
Iherereye mu Karere ka Rwamagana hafi y’umuhanda ntabyo gutega moto ni hafi y’isoko ,ifite amazi n’umuriro mbese cyeretse uhigereye nawe ukirebera kuko uhageze wahava uvuga uti ndatinda kwishyura barayintwara.








Aho ni hanze ku muhanda ugiye gushyirwamo kaburimbo

urabona ukuntu ari hanini





Urusengero rw’Abadive ruri mu marembo yiyo nzu
Niba uyishaka duhamagare kuri 0782392114 maze witomborere kuko ubusanzwe ushobora kuhagura na Miliyoni 40 ariko nyiraho ibiciro yabishyize hasi.Ibyangombwa irabifite byose nta na kimwe idafite uyishaka tumwifurije amahirwe.Reba amafoto yayo.Iyo nzu ifite na n’indi inyuma boys quarters.Tuzakomeza kubagezaho amakuru yayo
4,412 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply