Intambara y’amagambo hagati ya Zari na Wema Sepetu
— January 22, 2016
Please enter banners and links.
Wema Sepetu wahoze ari umugore wa Diamond na Zari babana kuri ubu , aba bagore bombi baherutse gutukana ku rubuga rwa Instgram karahava.
Ibi byatangiye Wema Sepetu ari we wandika amagambo asa n’ashotora Zari maze ubwo intambara y’amagambo itangira ubwo baratukana biratinda.
Zari yakomeje amwiyama amubwira ko ibye byarangiye akwiye kureka gutekereza kuri Diamond ndetse adakwiye gukomeza no kumutekereza.
Mu kumusubiza Sepetu yavuze ko atajya akumbura Diamond na rimwe ngo kuko yagiye kumusiga amureba maze arangije amujomba agikwasi agira ati “ahubwo muzabanze mufatishe amaraso y’uwo mwana hamenyekane se.”
Zari nawe ntiyihanganiye iryo jambo yabwiwe na Sepetu na we ahita amwishongora ho ati “ umwana wanjye ntaguteshe umutwe, reka guhangana n’uruhinja shaka abari ku rwego rwawe uriya we ni urundi rwego.”
Aba bagore b’abakeba bashyize hanze urwango rwabo nyuma y’aho bivuzwe ko batarebana neza ariko ntibagire icyo babivugaho.
Wema Sepetu yatangaje ko impamvu yatandukanye na Diamond avuga ko ari ku mpamvu ze bwite ndetse no kwanga guta umwanya.
Diamond nawe yahise yifatira umuherwe w’umugandekazi Zari ndetse kugeza ubu bakaba baramaze kubyarana umwana w’umukobwa.
3,648 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Col. Byabagamba yavuze ko amaze imyaka irenga itatu akorerwa iyicarubozo muri gereza
Leave a reply