Umufana magara wa The Ben yifuza kuva mu buzima bw’Isi bahuye akamukora mu ntoki
— March 25, 2022
Please enter banners and links.

Abazungu bakunda gukora ibishoboka bakagera ku nzozi zabo cyangwa bagafasha ushaka kugera ku nzozi ze kuzegera ni nde uzafasha Mukanoheli Beatha kugera ku nzozi ze?.
Uwo ari we wese yamufasha kugera ku nzozi ze akaba yageza iyi nkuru kuri The Ben nawe akumva ko iyo umuntu ageze ku nzozi ze bimushimisha cyane kandi The Ben akwiye kubyishimira kuba hari abafana be bamukunda kugeza ku rwego bumva ahuye nabo byabashimisha cyane kugera ubwo umwe yumva bahuye akamukora mu ntoki agahita yitaba Imana.
Mukanoheli Beatha kuri uyu wa gatanu taliki 25 Werurwe 2022 yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko yifuza icyamuhuza n’umuhanzi The Ben akunda bihebuje ati “Mu mfashe The Ben amenye ko ndi umufana we kuva cyera kandi mukunda cyane nkaba nifuza kuzahura nawe nka mukora mu ntoki wenda ngahita nitaba Imana”.
Mukanoheli yakomeje avuga ko hari byinshi byatumye akunda umuhanzi The Ben birimo indirimbo ze ndetse n’umutima w’ubumuntu agira no kwicisha ubugufi hakiyongeraho ko yarambagije umukobwa w’Umunyarwandakazi w’umuco witonda kandi wicisha bugufi ariwe Pamela.

Mukanoheli Beatha

The Ben

The Ben na Pamela bakundana
Yongeyeho ko n’abana be baziko akunda The Ben byahebuje ndetse yababwiye ko hatazagira usiba amafoto ya The Ben muri Telephopne ye kuko buri foto ya The Ben abonye ayibika muri phone ye nk’umuhanzi akunda cyane.
Yasoje avuga ko niba koko Imana yemera ko ibitangaza biba izahe umugisha ikifuzo cye abonane na The Ben kandi asaba uwabishobora wese kubimufashamo kuko nicyo kintu yifuza mu buzima bwe akiri kuri iyi isi.
Itangazamakuru nicyo reberaho kuvugira rubanda no kubafasha bakamenya amakuru no kuyasakaza akagera kuri benshi bityo tukaba twamufashije uko dushoboye n’abandi bashyireho akabo kugerango iyi nkuru igere kuri The Ben kandi nawe afashe uyu mubyeyi kugera ku kifuzo cye.
Noella
3,829 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply