Kwifuriza Noheli nziza n’Umwaka mushya muhire abakunzi b’Ikinyamakuru Umusingi
— December 26, 2019
Please enter banners and links.

Ubuyobozi bw’Ikinyamakuru Umusingi n’abakozi bacyo bubikuye ku mutima babifurije Noheli nziza n’Umwaka mushya muhire wa 2020 uzababere mwiza ndetse uzabe umwaka w’imigisha.
Umwaka uba ari muremure kuwurangiza uba unyuze muri byinshi ariyo Mpamvu tubasabira Imana ko n’umwaka wa 2020 nawo muzawurangiza amahoro.


Icyo twabizeze ni uko tuzakomeza kubagezaho amakuru meza kuko turabakunda kandi turabazirikana kandi turabasaba ko umwaka wa 2020 namwe mwatuba hafi ufite amakuru akayatubwira kugirango agere ku bandi ariko nkuko mubizi twibanda ku nkuru zirwanya akarengane zivugira rubanda rugufi.Tubaye tubashimiye murakoze Imana ibane namwe .
Uwagira amakuru ashaka kuduha y’akarengane cyangwa andi ndetse n’uwifuza kumenyekanisha ibikorwa bye yatwandikira cyangwa agahamagara kuri 0782392114 cg 0783664450 (whatsap)kuko dufite abasomye benshi cyane.
Ubwanditsi
5,965 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Itangazo ryo guhinduza amazina
Itangazo ryo guhinduza amazina
ITANGAZO RYO GUHINDURA AMAZINA
ITANGAZO RYO GUHINDURA AMAZINA
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply