ACP Karemera Sam wayoboye Ishuri rya Polisi rya Gishari yitabye Imana
— January 8, 2019
Please enter banners and links.

ACP (Rtd) Karemera Sam wayoboye Ishuri rya Polisi rya Gishari riherereye mu Burasirazuba bw’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi.
Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 8 Mutarama 2019.
IPRC Gishari ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter yifatanyije n’umuryango wa nyakwigendera.
Mu itangazo ryashyize ahabona yagize iti “Ubuyobozi bwa IPRC Gishari n’abanyeshuri bababajwe no kubamenyesha ko ACP (Rtd) Sam Karemera wabaye Umuyobozi w’iri shuri yitabye Imana saa cyenda z’igitondo cyo kuri uyu wa 8 Mutarama 2019.’’



ACP Karemera yari amaze imyaka ibiri ari mu kiruhuko cy’izabukuru. Yasezerewe muri Polisi y’u Rwanda mu 2016 hamwe n’abandi bapolisi 308.
Mu mirimo ikomeye yakoze muri Polisi y’Igihugu harimo kuyobora Canine Brigade. Yabaye umuhuzabikorwa w’ibijyanye n’intwaro nto muri Polisi y’u Rwanda n’indi.
4,492 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply