Abashaka kuva mu bukode ibyo mugomba gukora bisome
— November 26, 2017
Please enter banners and links.

Usanga abantu benshi bafite amafaranga ariko bikabananira kuyarundanya kugirango biyubakira amazu bave mu bukode ariko hari bimwe Ikinyamakuru Umusingi cyabashakiye mukurikiza kugirango mubashe kubaka muve mu bukode.
Icya mbere niba wari utuye kure y’akazi bigusaba gutega imodoka inshuro 2 cyangwa zirenze icyo wakora ni uko wakwimuka ugashaka inzu hafi y’akazi kuko ayo mafaranga watangaga ku modoka ugiye uyabika kumara umwaka waguramo imifuka ya sima myinshi.
Hari abakoresha amafaranga 1000 ku munsi mu gutega harimo no gutega za moto ,ku kwezi n’ibihumbi 30 ku mwaka bikaba ibihumbi 360.000Rwf aya mafaranga yagura sima yakubaka inzu.
Ikindi gituma abantu batarundanya amafaranga ngo bashobore kwiyubakira usanga yishyurira abana batari abe amafaranga y’ishuri cyangwa ugasanga hari abantu 3 acumbikiye mu rugo bigatuma ashaka inzu nini ihenze no kubatunga ugasanga bimutwaye amafaranga menshi.
Ugiye kubara abo bantu 3 ucumbikiye ushobora gusanga umwe umutanga atari munsi y’ibihumbi 2000 wakuba na 3 bikaba 6000 ku kwezi ugasanga agera mu bihumbi 180 ,mu gihe ku mwaka usanga agera muri Miliyoni 2.160.000Rfw wateranyaho yayandi ukoresha utega ujya ku kazi ushobora gusanga winjiza amafaranga menshi cyane mu myaka 2 waba wujuje inzu nziza cyane ,bigerageze.
Ushobora no kuba ukora ibyo byose ,utega inshuro zingahe ku munsi ,ugaburira abantu bangahe iwawe ,ubacumbikiye ,urihirira abana bangahe batari abawe ndetse hakiyongeraho ayo uha abakobwa ,ayo ugura inzoga wasohokanye nabo ugasanga uyabaze neza ku mwaka ushobora gusanga ari menshi uri umukire ariko utabizi.
Cyane cyane abasore usanga biyemera cyane agakodesha inzu ibihumbi 150 ahembwa 300 ugasanga amatike ,internet ,guhamagara,guhaha cyangwa restora na famiye ye andi yose niho ashirira ntiyizigame kandi ukurikije ibyo twavuze haruguru mu myaka 3 cyangwa 4 waba ufite inzu yawe nziza cyane.
3,554 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply