Umwe mu bahoze muri M23 yakatiwe gufungwa imyaka 6 muri Uganda
— November 26, 2017
Please enter banners and links.
ss=”alignnone size-full wp-image-12755″ src=”http://www.umusingi.net/wp-content/uploads/2017/11/Dan-Munyamuntu-a-Congolese-national-who-was-found-with-illegal-guns-and-ammunitions-faces-court-at-Makenke-on-Thursday.jpg” alt=”” width=”1024″ height=”683″ />
Urukiko rwa gisirikare I Mbarara muri Uganda kuri uyu wa kane tariki 23 Ugushyingo 2017 rwakatiye imyaka 6 yigifungo umugabo witwa Dan Munyamuntu wahoze muri M23 azira gutunga imbunda mu buryo bunyuranije n’amategeko.
Nkuko Ikinyamakuru cyo muri Uganda chimpreports kivuga ko uyu mugabo ufite ubwene gihugu bwa Congo yatorotse mu nkambi ahitwa Bihanga ajya ahitwa Kisoro afite imbunda.
Inzego z’ishinzwe ubutasi muri Uganda zivuga ko Dan Munyamuntu yari afite umugambi wo kugura imbunda buri imwe yayiguraga Amadorari ya Amerika 500 ndetse uyizanye akomwongera ibihumbi 20 by’amashilingi ya Uganda akaba yari amaze kugura imbunda 5.
Umuvugizi w’ingabo 2nd division Peter Mugisa yavuze ko Dan Munyamuntu imbunda yari yazishyize mu ivarise nini ariko afatwa ageze kuri bariyeri.
Umucamanza mu rukiko rwa gisirikare witwa Col. Geoffrey Mujuni Rwamunyonyore yavuze ko ushinjwa icyaho cyo gutunga imbunda mu buryo bunyuranije n’amategeko yavuze ko icyaha kimuhama amukatira igifungo cy’imyaka 6.
Bamwe mu barwanyi ba M23 bahungiye mu gihugu cya Uganda abandi bahungira mu Rwanda ariko hakaba hari amakuru ko M23 ishobora gusubira muri Congo ariko yarahinduye izina.
2,710 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply