Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
— November 18, 2025
Please enter banners and links.

Abanyarwanda bo mu gihugu cya Uganda bitwa Ugandan Banyarwanda Umubano bongeye gushwana ndetse bacikamo ibice nyuma y’uko cyera byigeze kubaho Nyakwigendera Kamuhangire ubwo atumvikanye n’Umusaza Kananura bityo atangiza Umubano we.
Kuri Ubu Chairman Kayitana Siman hari abayobozi bamwe yavanye ku rubuga rwa whatsapp ndetse asigara ari admin wenyine ikintu bamushinja gutegekesha igitugu.
Bamwe mu bo yirukanye ku rubuga bahise bakora urundi rwitwa Ugandan Banyarwanda group B urwo bari bariho bose rwitwaga Group A ariko abari abayobozi bafanije na Kayitana bose bahise bajya kuri group B .Ikibazo gihari abantu bibaza ikibazo cy’Abanyarwanda kudahuza kizakemuka?gute?ryari?ko abanyarwanda bafite ibibazo byo kwimwa ubwenegihugu bakaba badahabwa ibyangombwa nka Passport n’Indangamuntu.
Byose mubyumve mu kiganiro
947 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply