Gasana wahoze ayobora Polisi y’Igihugu na Bamporiki bahawe akazi muri Gereza
— July 2, 2024
Please enter banners and links.

Nkuko bimenyerewe ko Ikinyamakuru Umusingi kigira amakuru y’umwihariko ndetse ariyo mpamvu gikundwa cyane ubu nkuko bamwe mu nshuti za Gasana Emmanuel wahoze ayobora Polisi y’Igihugu batangarije Ikinyamakuru Umusingi ko yahawe akazi ko kurinda umutekano muri Gereza ya Mageragere.
Umwe mu baduhaye amakuru utarashatse ko amazina ye atangazwa kubera impamvu z’umutekano we yagize ati “Gasana n’inshuti yanjye twaramusuye ariko twumvise bavuga ko ariwe ushinzwe umutekano w’imfungwa n’abagororwa I Mageragere”.
Undi nawe utarashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “Njye nari mfungiye muri gereza ya Mageragere Gasana Emmanuel niwe ushinzwe umutekano wa gereza ariko usanga imfungwa bamuseka ngo umuntu wari ukomeye ayoboye urwego rwa Polisi y’Igihugu ubu akaba akuriye umutekano muri gereza birasekeje cyane ndetse bamwe usanga bavuga ko bigayitse ariko nta kundi isi ni uko imeze ibihe birahinduka”.
Uyu yakomeje avuga ko muri gereza ya Mageragere aho yarafungiye na Bamporiki Edourd wabaye iciro ry’imigani hanze aha kubera amagambo yivugiye nyina yamubwiye nawe ubu ngo yahawe akazi muri gereza akaba yitwa Umuvunyi bivuze ko ariwe ucyemura ibibazo by’abafungwa.
Ikinyamakuru Umusingi kirimo gushakisha uburyo cyabaza ubuyobozi bwa Gereza ya Mageragere niba koko aba bantu barahawe akazi n’uburyo batorwa hashingiye kuki?byose tuzabibagezaho tumaze kuvugana n’ubuyobozi bwa gereza
3,963 total views, 1 views today

Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Gen Kayumba Nyamwasa yarakaye cyane nyuma yo kumva Perezida Kagame avuga uko abahungu be yabinjije mu giusirikare(Vedio)
Impamvu Gen Nyamvumba yambwiye umunyamakuru Rutareka ko ari umwanzi w’Igihugu kurusha Gen Kayumba Nyamwasa (Vedio)
Pastor Kibonge yiyahuye yitwitse kubera umugore,Sandra Teta n’umugabo we bongeye ,Umunyamakuru Kamanzi yatorokeye Uganda(Video)
Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video)
Abashaka I Farm,ubutak byo kugura cyangwa amazu cyangwa ugurisha dore aho wasanga ibyo ushaka byose
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umukobwa witwa Pia Pound umaze iminsi yaratwaye Eddy Kenzo umutima, abandi basore baramurwanira ariko aruta Rema ubwiza?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply