Bobi Wine n’umugore we Barbie nibo bavuzwe cyane mu bukwe bwa Nubianli
— October 12, 2021
Please enter banners and links.

Umuhanzi Nubianli akaba inshuti magara ya Bobi Wine yakoze ubukwe ariko abatashye ubukwe aho kureba abageni ahubwo barebaga Bobi Wine n’umugore we Barbie ndetse ikiganiro ari Bobi na Barbie.
Nubianli yasezeranye mu mategeko n’umugore we bari bamaranye igihe Gloria Mutoni akaba ari umunyarwandakazi ndetse na Bobi Wine umugore we Itungo Barbie akaba ari umunyarwandakazi .


Bobi Wine n’umugore we Barbie umunsi w’ubukwe bwa Nubianli na Gloria


Nubianli n’umugore we Gloria Mutoni
Impamvu Bobi Wine n’umugore we Barbie bariye show nkuko bivugwa mu ndimi z’Abayaye bivuze kuba aribo bavuzwe cyane ni ukubera Barbie yari yaberewe cyane ndetse na Bobi Wine yaberewe bikubitaraho ko akunzwe cyane nk’umuntu wari umuhanzi ukunzwe cyane akinjira muri politike akiyamamariza kuba Perezida wa Uganda.

Barbie na Bobi Wine n’ubusanzwe bambara neza bakaberwa

Bobi Wine niwe wari Best Man mu gihe Barbie yari Metron mu bukwe bwavugishije benshi kubera cyane cyane uburyo Barbie yari yaberewe kurusha umugeni.
Noellah
4,790 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply