Abanyamakuru babiri mu Rwanda bafunzwe bakekwaho “kwigomeka ku buyobozi
— June 26, 2020
Please enter banners and links.

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abanyamakuru babiri, Byansi Samuel Baker na Nshimyumukiza Janvier, bakurikiranweho icyaha cyo kwigomeka ku buyobozi banga kubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19 no guhohotera abashinzwe kuyubahiriza.
Amakuru avuga ko bombi bafashwe kuri uyu wa Kane barenze ku isaha ya saa tatu z’ijoro, abantu bagomba batakiri mu nzira bagenda nk’uko biteganywa n’amabwiriza ya Guverinoma.
Mu butumwa bwashyizwe ahagaragara na RIB yavuze ko “yafunze Byansi Samuel Baker na Nshimyumukiza Janvier, bombi ni abanyamakuru bakurikiranyweho icyaha cyo kwigomeka ku buyobozi banga kubahiriza amabwiriza yo kwirinda no gukumira ikwirakwiza ry’icyorezo cya #COVID-19 no guhohotera abashinzwe kuyubahiriza.”
Yakomeje iti “Ubu bafungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu gihe iperereza rikomeje.”
Ubu bafungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya #Kicukiro mu gihe iperereza rikomeje.
— Rwanda Investigation Bureau (@RIB_Rw) June 26, 2020
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane nibwo umunyamakuru Byansi yashyize ifoto kuri Twitter yambaye amapingu, yongeraho ko yafashe amafoto y’uburyo abapolisi bubahirizaga gahunda yo kuba nta bantu bakiri mu nzira nyuma ya saa tatu.
Polisi yahise isubiza ivuga ko yafashwe ari kumwe n’abandi bantu bari mu nzira bagenda muri Remera nyuma ya saa tatu z’ijoro.
Yakomeje iti “Wasabye ko ufatwa mu buryo bwihariye, ubwira nabi abapolisi ko uri umunyamakuru ndetse ko ku gufata batazi ibyo barimo”.
Polisi ivuga ko yakomeje kwitwara nabi ubwo bamusobanuriraga ko nta mpamvu yumvikana ituma adafatwa kimwe n’abandi, cyane ko bose bari barenze ku mabwiriza yashyizweho n’ubuyobozi.

Byansi Samuel Baker

Dear Baker,
You were stopped together with others with whom you were moving after 9 PM in Remera.
You tried to demand special treatment and attention by rudely telling off officers that you are a journalist and by stopping you they don’t know what they are doing.
— Rwanda National Police (@Rwandapolice) June 25, 2020
3,114 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply