Ibitangaza kubona imihanda ya Kampala nta n’inyoni itamba
— April 15, 2020
Please enter banners and links.

Corona virus yerekanye ko ari igitangaza gikomeye kubera hari ibintu birimo kuba ku buryo abantu bumvaga bitashoboka urugero ni nko kubona imihanda ya Kampala nta n’inyoni itamba.
Kampala n’umugi ukomeye cyane urimo abantu benshi cyane ku buryo nta muntu watekerezaga ko byashoboka kubona uwo mugi wa Kampala uzwiho kugira abantu benshi imodoka nyinshi n’akavuyo kahaba ariko ubu imihanda ikaba yera hanyuramo akamodoka kamwe kamwe.
Ku mafoto agaragaza imihanda ya Kampala imwe igaragaza ko nta bantu nta n’imodoka ariko ahavugwa cyane nahitwa ku isaha ya Queen cyangwa aho mu kigande bita Ku saawa ya Queen aho hantu haba ambutiyaje nyinshi cyane cyangwa Traffic jam ariko ubu waryamamo kubera nta modoka nyinshi zihanyura.
Ibi byose byatewe n’ikibazo cya Corova Virus (COVID-19)indwara yandura mu buryo bwihuse cyane kandi idafite urukingo cyangwa umuti.

Aho bita ku isaha ya Queen

Imihanda nta n’inyoni itamba wabona



Iyi ndwara yandura iyo umuntu ahumetse umwuka ukagera ku wundi muntu nawe ahita arwara cyangwa aho akoze n’intoki undi iyo ahakoze nawe arandura bityo bikaba bisaba kuyirinda ari uko abantu baguma mu mazu yabo .
Impamvu umugi wa Kampala utarimo abantu n’imodoka nkuko bisanzwe ni uko Perezida Museveni yatanze itegeko ko ubucuruzi bwose (Business)buhagarara cyeretse abacuruza ibiryo n’ibyo kunywa n’abacuruza imiti n’ibindi bikenerwa cyane mu buzima bwaburi munsi ariko ibindi byose byarahagaritswe kugirango habeho kurwanya iyi ndwara ishobora kwica benshi haramutse hadafashwe ingamba zikomeye.
Kuyirinda bisaba gukaraba cyane mu biganza ugakoresha isabune cyangwa gukoresha umuti wica mikorobe (Sanitizer)no kwambara udupfuka kanwa.Reba amwe mu mafoto y’umugi wa Kampala .
4,409 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply