Umusore ukomoka muri Congo yafatiwe ku kibuga cy’indege cya Uganda ahunga nyuma yo kwica abakobwa 2
— January 8, 2019
Please enter banners and links.

Abakobwa 2 aba bari batuye ahitwa Kakeka muri Mengo aho umusore witwa France Bobu wafashwe aguhunga igihugu cya Uganda ashinjwa kwica abakobwa 2 bari atuye.
Byamenyekanye uyu munsi Kuwa kabiri tariki 8 Mutarama 2019 ubwo abaturage batangiye kumva hari ikintu kinuka bakeka ko bituruka mu nzu ya Babu bahamagara Polisi igiye gukingura inzu ye basangamo abakobwa 2 bapfuye baziritse mu mashashi.
Hilda Njiba niwe wari umugore wa Babu na mushuti we witwa Safi basanzwe barazingiwe mu bishashi bari mu nzu uyu musore yakodeshaga batangiye kubora .
Uyu munsi bivuze ko hashize iminsi yarabishe akaba yararanaga n’imirambo yabo mu nzu yaratinye gukingura inzu kuko yari aziko bashobora kumubaza abakobwa yabanaga nabo ku buryo ngo yacungaga ari ninjoro cyane agakingura agiye kugura ibiryo akagaruka akaryama akaba yarimo kwiga amayeri umuburyo yacika ariko bikaba bitamuhiriye.

Aba nabari baje gukora iperereza

Uyu n’umusekirite avuga uko yabibonye

Umwe mu bakobwa bishwe Hilda Njiba

Uri mu kazeru niwe Babu ushinjwa kwica abakobwa 2

Imirambo y’abakobwa bishwe ishyirwa ku modoka

Bimwe mu byasanzwe mu nzu ya Babu
Umusekirite yavuze ko Kuwa gatanu imvura yaguye ari nyinshi ari mu ijoro ,yumvise barimo gutongana cyane bari hanze ,imvura yiyongereye kugwa ari nyinshi basubira mu nzu ariko hashize akanya sekirite yumva iradiyo ivuga cyane bishobora kuba yarajijishaga kugirango hatagira uwumva bataka basamba.
Hari umwana w’umuturanyi nawe wavuze ko yajyanye na France Babu kugura inyama y’ingurube ndetse ko basanzwe bajyana ndetse akamuhaho ku byo babaga bamaze kugura ariko kuri ubu akaba ataramuhayeho bikekwa ko iyo nyama ariyo yabashyiriyemo uburozi bwabishe.
Uyu mwana avuga ko inyama bayizanye Babu ayiha umwe mu bakobwa bari mu rugo undi aryamye babwiye Babu ngo basangire arabyanga ababwira ko we ahaze.
Babu akaba yafatiwe ku kibuga cy’indege cya Entebbe ashaka kurira indege gusubira muri DR.Congo kubera Polisi yari yasatse mu nzu ye basanzemo bimwe mu byangombwa bye babifotoye babyohereje ku kibuga cy’indege.
Muhungu John –Kampala
4,380 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply